Indagu za Magayane: Amateka n’Ubuhanga mu Kubona Aho Isi Igeze
Kubera uburyo yari azi kurasa ku ntego, indagu za Magayane zatumye abantu benshi bamwiyumvamo ndetse bamwemerera kuba umuhanuzi w’umwihariko mu mateka y’u Rwanda.
Kubera uburyo yari azi kurasa ku ntego, indagu za Magayane zatumye abantu benshi bamwiyumvamo ndetse bamwemerera kuba umuhanuzi w’umwihariko mu mateka y’u Rwanda.
Ku Kirenge cya Ruganzu ni kimwe mu hantu nyaburanga hazwi cyane mu Rwanda, hahoze hagaragarira ibikorwa by’ubutwari by’umwami Ruganzu II Ndoli.